NIMUKANGUKE! Nyakanga 2013 | Ese kwigaragambya ni wo muti?

Soma iyi ngingo, umenye impamvu hasigaye habaho imyigaragambyo, umenye n’aho washakira ibisubizo by’ibibazo byawe.

Hirya no hino ku isi

Zimwe mu ngingo zirimo: Ikizamini cy’akazi, ivangura, amategeko agenga inganda z’itabi muri Ositaraliya.

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Mu gihe umwana akunda kwirakaza

Wakora iki mu gihe umwana wawe yirakaje? Dore amahame yo muri Bibiliya yagufasha guhangana n’icyo kibazo.

INGINGO Y'IBANZE

Ese kwigaragambya ni wo muti?

Kwigaragambya bishobora gutuma ibintu bihinduka. Ariko se ni byo bizakuraho akarengane, ruswa no gukandamizwa?

INGINGO Y'IBANZE

Nabonaga akarengane ahantu hose

Kuki umusore wo muri Irilande y’Amajyaruguru wahoraga mu myigaragambyo yahinduye uko yabonaga ibyo kurwanya akarengane?

Injangwe idakunze kuboneka yo mu butayu

Ese wigeze wumva iby’injangwe yo mu butayu? Soma wumva impamvu iyo njangwe yihariye.

ISI N'ABAYITUYE

Twasuye Azerubayijani

Abaturage bo muri Azerubayijani bagira urugwiro. Menya byinshi ku gihugu cyabo n’umuco wabo.

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Ubwami bw’Imana

Hari abantu bumva ko Ubwami bw’Imana buba mu mitima y’abizera cg ko buzashyirwaho n’abantu. Bibiliya ibivugaho iki?

ESE BYARAREMWE?

Ubwonko bw’ingugunnyi iba ku mpera y’isi

Iyo nyamaswa nto ibaho ite iyo ubushyuhe bwayo bugabanutse bukagera hafi munsi ya zeru?

Ibindi wasomera kuri interineti

Nahangana nte n’ikibazo cy’uburwayi?​—Igice cya 2

Soma inkuru z’abahanganye n’ibibazo bikomeye by’uburwayi ariko bagakomeza kurangwa n’icyizere.

Inkuru y’abahungu ba Yakobo

Wagombye kubyifatamo ute mu gihe umuvandimwe wawe cyangwa incuti yawe babonye ikintu nawe wifuzaga kugira?